Kinyarwanda Hymn

Ai gitare cy’Imana


1. Ai Gitare Cy’Imana Reka Nguhungireho
Kubw’imbabazi Zawe Kera Waramenewe
Non’ubu Nkwihishemo Umujinya W’Imana


2. Amazi N’amaraso Byo Mu Rubavu Rwawe
Binkiz’uburyo Bwombi Urubanza Rw’ibyaha
N’imbaraga Mbi Zabyo Bye Kuzansind’ukundi.


3. Ibyo Twakora Byose N’umwete Wacu Wose
N’agahinda Gasaze N’amarira Adashira
Byose Ntibyashobora Kudukurah’ibyaha.


4. Ntacyo Nzanye Mu Ntoki Cyabasha Kunshungura
Simfit’icyo Naguha Nizey’umusaraba
Uwo Wamfiriyeho Niwo Njya Niringira.


5. Dore Nambaye Ubusa Ndakwinginze Unyambike
Sinabasha Kwikiza Ndagushakaho Ubuntu
Unyuhagir’ibyaha Mutabazi Ne Gupfa.

 


Amahor’ atangwa na Yesu wacu


1. Amahor’ atangwa na Yesu wacu
Ntagir’ akagero, nta h’ azoshira,
Yam’ ahumuriza abayafise,
N’ utayata, nta ho woyakurwako.


Ref
Wizigir’ Imana, uyizigira
Ntabur’ amahoro mez’ adashira.


2. Abo Yes’ azigamish’ amaboko
Nta mwans’ ashobora kubashikako:
Kandi nta maganya yohagarika
Imitima’ izigamwa n’ Umukiza.


3.Ibitunezera n’ ivyago vyose
Biva mu rukundo rw’ Umwam’Imana,
Ntugakekeranye,uyizigire
Ntiyohemukira uyizer’ artyo.

 


Bantu bo kw’isi yose


Bantu bo kw’isi yose himbaz’umukiza
Tumwakiran’urweze
Niwe bamye bavuga
Kuva mbere hose ba bahanuzi
ngw’azoza gukiza abantu.


Tumwakiran’urweze yaje kudukiza
Ingoyi za shetani
Twari twaracumuye
Twari nk’ibicibwa none turakize
Kristu yaje kudukiza


Ubu kw’isi no mw’ijuru, hari agahimbare
Kristu mwene Rugira
Yarigize umuntu
Avuka asa natwe kugira adukize
Ni umwami agaba vyose