Kinyarwanda Hymn

Yemwe Banyavyaha Mwe


1. Yemwe banyavyaha mwe,
Mwumv’ ijambo ry’ ubuntu:
Naho mwahavye rwose,
Krist’ ac’ abakir’ Ubu.


Ref
Muririmbe munezerewe
Krist’ arakund’ abanyavyaha,
Vug’ ubutumwa bose bumve,
Kukw abab’ abakir a.


2. Ni muz’ abaruhure,
Mwizer’ uwo Mukiza,
Naho mwanduye rwose,
Kukw abab’ abakira.


3. Ub’ umutima wanje
Ntukincir’ urubanza,
Uwanyejeje rwose
Yampfiriye ngo nkire.


4. Krist’ arakir’ ababi
Naho boba ruhebga,
None nogejw’ ivyaha,
Nzi ko nzoja mw’ijuru.

 


Yesu mukunzi wanjye


1.Yesu mukunzi wanjye, Mpa kuguhungiraho.
Ubw’ umurab’ usuma, N’ umugar’ ugwa cyane,
Umpishe Mukize we! Kugez’ ah’uhitira.
Uhashy’ abanzi banjye, Simpugane na hato!


2.Nta bundi buhungiro, Mwam’ unyirokorere!
Ntunzibukire rwose, Komez’ ujy’ undengera!
Nkwizigire wenyine, Ni wow’ ump’ imbaraga,
Uhashy’ abanzi banjye, Simpugane na hato.


3.Ngushime Mwami Yesu, K’ utagir’icy’unyima,
Usindagiz’ urushye, N’ urway’ uramukiza;
Urera bihebuje, Ntabwo ngutunganiye,
Ndi mubi bikabije, Wow’ urakiranuka.


4.Ubabarira cyane, Kand’ imbabazi zawe,
Zirut’ ibyaha byanjye. Nyeza nkomeze nere,
We soko y’ ubugingo! Nkundira nkuvomemo!
Unyuzur’ umutima, Nzagere ku bugingo.

 


Yesu ndagukunze rwose


1. Yesu, ndagukunze rwose, ndakwihaye,
Ndahevy’ ibihimbaro vy’ ivyaha vyanje,
Ni wewe Mukiza wanje mwiza, nkuyoboke:
Nta ho nari nigeze kugukunda nk’ ubu.


2. Ndagukunze kuko wabanje
kunkunda Ukanyigura ku git’ i Gologota,
Ngukundiy’ amahwa wanyambariye mu mutwe:
Nta ho nari nigeze kugukunda nk’ ubu.


3. Nzogukunda nkiriho, n’aho nzopfira:
Ngihumeka sinzobura kugushima,
N’iyo nzoba ndiko ndapfa, nzokubarira nti
Nta ho nari nigeze kugukunda nk’ubu.


4. Maze ni nashika mu rugo rwa Data
Rurimwo ya mazu waduteguriye,
Nzunam’ imbere y’inyonga zawe ndirimba, nti
Nta ho nari nigeze kugukunda nk’ ubu.