Kinyarwanda Hymn

Imwe mwen’ abaruhire


1.Imwe mwen’ abaruhire, abaremereirwe,
Mwij’ ahari Yesu Kristo, haz’ abahuumuze.


Ref
Mwesigye Yesu Omujuni
Abahuumuze;
Mumwikirize, abajune
Ebibi byanyu.


2.Akahay’ amagara ge, yaabambw’ aha muti,
Kandi yaasheesh’ eshagama, eyozya tititi.


3.Niw’ ab’ Omuhanda gwaitu, kandi n’Amazima;
Murahukye kumwesiga, muheebw’ omugisha.


4.Nimwije tukwatanise orugyendo rwaitu,
Tutaahe hamw’ omu iguru, omu kushemererwa.

 


Kera hari abungeri


1. Kera har’ abungeri mu gihugu cyera,
Bumv’ inkuru y’ ibyiza ko Yes’ avutse
ku musozi n’ ijoro, bumv’ amajwi menshi
Y’ ingabo zo mw ijuru, zishima, ziti :


Gusubiramo
Noel! Noel! Noel ! Noel!
Havuts’ Umwami w’ lsirayeli !


2. Mu gihugu cya kure, har’ abanyabwenge
Bahishurirw’ ikintu cyabatangaje
Babony’ ikimenyetso cy’ inyenyeri nini,
Kibarangir’ aho Yesu yavukiye.


3. Nukw Iman’ iberetse k’ Umukiza yaje,
Bajy’ ahw ar’ uwo mwanya ngo bamusenge
Baramupfukamira, bamutur’ ibyiza :
By’ izahabu n’ icyome n’ ishangi na yo.


4. Natwe tumusang’ ubu; n’ Umukiza wacu;
Yaj’ aciye bugufi kubwac’ ababi
Nyuma, ku Musaraba, yaradupfiriye,
Aduhongerera ngo tutarimbuka.


5. Nuko, umushimire ko yatuvukiye,
Tumutur’ imitima yac’ imenetse
Uyu munsi wa none, yonger’ avukire
Mu mitima ya benshi, bamushimishe.

 


Kiz’abanyavyaha, tabar’abapfa


1. Kiz’abanyavyaha, tabar’abapfa,
Bakure mu vyaha no mu rupfu;
Habur’ abahavye. vyur’ abaguye.
Babgire ko Yes’ azi gukiza.
Kiz’ abanyavyaha, tabar’abapja:
Yes’ Umunyembabaz’ arakiza.


2. N’abamukengera na bo ntabanka,
Arorereye ko bokwihana,
Binginge bemere, ubasengere,
Ni bizer’ azoc’ abaharira.
Toz’ abazimiye inzira nziza,
Bareke guhahamir’ ivy’ isi;


3. Kanguz’ imitrma yab’ urukundo,
Bagaruke ku wabacunguye.
Kiz’ abanyavyaha, urabikwiye,
Umwam’ azoguh’ ubushobozi;
Bos’ ubasubize mu nzira ntoya,
Menyesh’ Induhe ko zarokowe.