Kinyarwanda Hymn

Ndakugomba Mukiza we


1. Ndakugomba Mukiza we.
Nta ho mbasha kwijana,
Nifuza k’ umpora hafi,
Ukaj’ urankomeza.


Ref
Sinzogir’ ico ntinya,
Yesu, njan’ ah’ ugombo,
Nta ho nzogenda ngimira,
Ngukurikir’ ah’ uja.


2. Ndakugomba Mukiza we,
Ndiyoroheje cane,
Ni wewe gus’undemesha,
Nta wundi mbizigako.


3. Ndakugomba Mukiza we,
Aho ndi mur’ iyi si:
Mw isegenya no ku zuba,
Mu vyago no mu vyiza.


4. Ndakugomba Mukiza we,
Undongore mu nzira,
Nshitsa kuri Yorodani,
Utek’ urunjabutse.

 


Ngwino soko y’umugisha


1. Ngwino, soko y’ umugisha; Mp’ umutim’ ugushima,
Ntabw’ ukam’ iteka ryose; Njye ngusingiza cyane
Nyigisha guhora nsenga; Menye n’ ubwiza bwawe,
Nizigir’ ubwami bwawe;Nyuzuz’ urukund’ ubu !


2. Nyibutsa bya byiza byawe Byose wakankoreye
Nizeye yukw uzanjyana, Ukangeza mw ijuru
Yesu, waranshatse, mpabye; Nari kure yaw’ ubgo,
Unyigur’ urupfu rubi, Wemera kumbambirwa


3. Ndi mu mwenda wawe,Mwami, W’ ubuntu wangiriye;
Unyigize hafi yawe, Meny’ imbabazi zawe
Satan’ ajy’ angerageza Ngo nindek’ unkund’ atyo
Akir’ umutima wanjye, Nuk’ undinde, mb’ uwawe

 


Ni twigumanire


1.Ni twigumanire
Mwami mwiza cane,
Ijwi ryawe ryiza
Rizan’ amahoro.


Ref
Twaman’ imisi yose,
Yesu, ndakugomba,
Mukiza, n’ amahirwe
Ni twagumana.


2. Ni twigumanire
Nyen’ ubushobozi;
Ntsind’ amosha mabi
lyo turi kumwe.


3. Ni twigumanire,
Ngany’utari hano:
Ngwin’ ubu tubane,
Mbone gutungana.


4. Ni twigumanire,
Nyigish’ ivy’ ugomba,
Ndakwinginz’unsohore
Z’isezerano.


5. Ni twigumanire
Mwami w’imbabazi,
Nyobora mb’uwawe,
Wewe munyehirwe.